Imfashanyigisho Ku Kugaburira Inka
Imfashanyigisho Ku Kugaburira Inka
Imfashanyigisho Ku Kugaburira Inka
MINAGRI RAB
KUGABURIRA INKA
KUGABURIRA ZIKAMWA
INKA ZIKAMWA
MINAGRI RAB
Werurwe 2014
Werurwe 2014
1
Ugushimira
Turashimira abagize uruhare mu iyandika ry’aka gatabo
bose:
2
0. INTANGIRIRO
Ibi byo kurya by’inka bigiye bifite umumaro utandukanye kuburyo iyo
hagize ikiburamo ingaruka ziba mbi kw’itungo bigatera igihombo
hakurikijwe ubwinshi bw’ibura ugereranije n’ubwinshi bw’iyo ntunga mubiri
buba bukenewe.
3
I. KUGABURIRA INKA ZIKAMWA
4
Amazi
Amazi
Umworozi
Umworozi yuhira
yuhira Inka amazi
Inka amazi
AmaziAmazi
ni ingenzi kuko
ni ingenzi agize60-70
kuko agize 60-70 by’umubiri
by’umubiri w’inka
w’inka kandi kandi
akaba agize akaba
3/4 agize
by’amata. Amazi
by’amata. Amaziagira uruhari
agira uruhari runini
runini mu mubiri
mu mubiri w’amatungo
w’amatungo kuko afasha kuko
: afash
• Mwigogorwa
• Mwigogorwary’ibiryo,
ry’ibiryo,
• Mu kuringaniza
• Mu ubushyuhe
kuringaniza ubushyuhe mu mubiri,
mu mubiri,
• Mu gutwara
• Mu gutwaraintungamubiri
intungamubiri aho aho zikenewe,
zikenewe, n’ibindi…
n’ibindi…
Inka
Inka zikamwa zikamwa
zikenera zik
amazi amazi
bitewe bitewe
n’ibyo n
zariye, n’imihindagu
zariye, n’imihindagurikire
y’ikirere
y’ikirere niyo mpamvuniyoari mpamv
ngombwangombwa
inka zigomba inka zig
kubona kubona
amazi buri amazi
gihe buri
ziyashakiye;
ziyashakiye;
Ikibumbiro
Ikibumbiro k’inka cya
k’inka cya Kijyambere
Kijyambere
• Amazi meza
• Amazi mezaakwiye guhora
akwiye guhora mu kibumbiro
mu kibumbiro inka ikayanywera
inka ikayanywera igihe igih
ishakiye.
ishakiye.
• Aya mazi
• Aya maziagomba kuba
agomba kuba afite
afite isuku,
isuku, mbese mbese
ari amaziari amazi meza.
meza.
5
indwara bikongera n’umukamo. Bikenewe ku kigero cya 1/3
Ubwatsi
cy’ifunguro ryose.
Ubwatsi bw’amatungo burimo amoko abiri:
Ubwatsi buterwa butanga
• Ibinyampeke
na Alfalfa.
Ubwatsi buterwa
Ibinyampeke: Ibinyampeke bitanga ingufu. Bikenerwa ku kigero cya 2/3
by’ibigize ifunguro ryose.
Bigizwe n’Urubingo, Tiribusakumu, Ivubwe, Umucaca,
urutegama, karorisi, Panikumu n’ibindi..
Ivubwe
Umurima uhinzemo
alfalfa
Umurima uhinzemo ivubwe
Umurima uhinzemo
Umurima uhinzemo
alfalfa
Mucuna
Umurima uhinzemo
Mucuna
6
Ibisigazwa by’ibihingwa: Habonekamo ibigorigori, ibicericeri, Ibishogoshogo
by`ibishyimbo, ibya soya, iby`ubunyobwa,
ibitwe by`ibihwagari, n`ibindi.
7
II. GUTERA UBWATSI BW’AMATUNGO
Ubwatsi buhingwa mu gihe cy`imvura. Umworozi ategura umurima neza,
akawuhinga kandi akavanamo ibyatsi bibi. Mu gutera hashobora
gukoreshwa: imbuto nini, imbuto ntoya cyangwa ibitsinsi/ ingeri .
8
Ingeri: batera ku ntera ya metero 1 kuri metero 1. Iki gihe haba
hakenewe ingeri 10,000-20.000
Ingeri
2.3.a Gusarura
• Ubwatsi busarurwa bumaze amezi atatu mu murima bugeze igihe cyo
kurabya ku rugero rwa 50%. Nibwo buba bufite intungamubiri
nyinshi.
• Ku bwatsi butinda kuraba nk’urubingo busarurwa bufite hagati ya m
1 na m 1.5 z’uburebure
10
2.3.b Kugabura ubwatsi
11
III. KUMISHA UBWATSI
Ubwatsi bushobora kumishwa ni ubufite amababi matoya nka kororisi,
Senkurusi, Panikumu, Umucaca n’Alufalufa.
kugaburirwa amatungo.
12
3.2 Uko bumisha bakanahambira ubwatsi n‘aho bubikwa.
Ubwatsi burikumishwa
13
c) Guhambira ubwatsi
14
IV. GUHUNIKA UBWATSI
Guhubika ubwatsi ni ukububika ahantu hatinjira umwuka nko muri
shitingi,
Ibisigazwa by’imyaka
15
V. IBIRYO MVARUGANDA
• Ku nka ikamwa ni ngombwa kuyiha ifunguro ry’inyongera rigizwe
n’ibiryo mvaruganda.
• Ibi bihabwa inka ifite umukamo uri hejuru ya litiro zirindwi; ikiro
kimwe cy’ibiryo mvaruganda cyongerera ubushobozi inka bwo
gukamwa litiro 2 z’inyongera z’amata.
16
Umwanzuro
17
Umaze gusoma aka gatabo ku kugaburira inka zikamwa, twifuzaga ko wagira
icyo ukavugaho kugira ngo turusheho kunoza uburyo bwo kubagezaho amakuru
y’ubworozi!
Umaze kuzuza uru rupapuro ruce urwohereze kuri CICA cyangwa ku biro bya RAB bikwegereye
"
18 18
Umaze gusoma aka gatabo ku kugaburira inka zikamwa, twifuzaga ko wagira
icyo ukavugaho kugira ngo turusheho kunoza uburyo bwo kubagezaho amakuru
y’ubworozi!
Umaze kuzuza uru rupapuro ruce urwohereze kuri CICA cyangwa ku biro bya RAB bikwegereye
"
19
Umaze gusoma aka gatabo ku kugaburira inka zikamwa, twifuzaga ko wagira
icyo ukavugaho kugira ngo turusheho kunoza uburyo bwo kubagezaho amakuru
y’ubworozi!
Umaze kuzuza uru rupapuro ruce urwohereze kuri CICA cyangwa ku biro bya RAB bikwegereye
"
20