Kinyarwanda Legal Terminology Criminal Case Law Work

Download as docx, pdf, or txt
Download as docx, pdf, or txt
You are on page 1of 3

I .

Amagambo akeneye ubusobanuro Ari murubanza , UBUSHINJACYAHA v HAKUZUMUREMYI


[Rwanda URUKIKO RW’UBUJURIRE – RPAA 00201/2020/CA, (Gakwaya, P.J., 09 Nyakanga 2021]

1.Ubuhamya:

Amagambo Avugiwe imbere y’urwego Rufite ububasha n’umuntu Wiboneye cyangwa wiyumviye

Ubwe ibyerekeranye N’ikibazo kiri mu mpaka;

2.Ikiburanwa:

impaka zituma Habaho urubanza.

3.Inyandiko mvugo:

Inyandiko Y’ibyavuzwe ku bijyanye N’urubanza cyangwa se ibyo Umukozi ubifitiye ububasha

Yabonye mu gihe cy’iperereza.

4.Inyandiko Y’iburanisha:

Umwimerere W’inyadukuro y’ibyavugiwe Mu iburanisha, yanditswe N’umwanditsi w’urukiko ikabikwa


Mu bwanditsi bw’urukiko Kandi igaragaraho umukono W’umwimerere w’umucamanza

N’uw’umwanditsi w’urukiko.

5.Ikirego cy’iremezo ( principle claim):

Ikirego Gitangiza urubanza kitagombera Ko habaho ikindi kirego mbere Yacyo.

6.Ikirego cy’inyongera:

Ikirego gishamikira ku kirego Cy’iremezo kigamije gusaba Inyongera ku byasabwe mbere

Mu kirego cy’ibanze.

7.Impamvu nyoroshyacyaha:

Impamvu zishingiye ku buryoIcyaha cyakozwemo, cyangwa Imyitwarire y’uwakoze

Icyaha mbere na nyuma yo Kugikora, zituma igihano Umuntu yagombaga guhabwa Kigabanuka. Reba
impamvu Nyoroshyagihano.
II. Ibidasamzwe biri muri banza UBUSHINJACYAHA v HAKUZUMUREMYI [Rwanda URUKIKO
RW’UBUJURIRE – RPAA 00201/2020/CA, (Gakwaya, P.J., 09 Nyakanga 2021]

KUKI U BUHAMYA BWA ABATANGA BUHAMYA BASHINJYA HAKUZUMUREMYI , BUTATANGIWE


MURUKIKO BWEMEWE NURUKIKO

HAKUZUMUREMYI Eric agendeye ku

Ingingo ya 62 y’Itegeko N° 15/2004 ryo ku wa 12/6/2004 ryerekeye ibimenyetso mu manza

N’itangwa ryabyo iteganya ko “Ubuhamya ari ibivugwa mu rukiko bivuzwe n’umuntu wabibonye

Cyangwa wabyumvise ubwe ku byerekeye ikiburanwa”. avuga ko mu nkiko zose yahamijwe icyaha nta
bimenyetso simusiga byemeza nta shiti ko ariwe wishe MUGARUKIRA Léandre, kuko ubuhamya Urukiko

rwashingiyeho rumuhamya icyaha aregwa butatangiwe imbere y’Urukiko

UBUSHINJYA CYAHA

Buvuga ko gusaba ko abamushinja baza m’Urukiko gutanga ubuhamya bwabo, nta shingiro bifite

Kuko babajijwe n’inzego zibifitiye ububasha, kandi mu buryo bukurikije amategeko.

UKO URUKIKO RUBIBONA

Ku birebana n’ibivugwa na HAKUZUMUREMYI Eric ko ubuhamya bugomba gutangwa

mu Rukiko kugirango bugire agaciro, Urukiko rw’Ubujurire rurasanga nta shingiro bifite kuko

n’ubwo ingingo ya 62 y’Itegeko n° 15/2004 ryo ku wa 12/6/2004 ryerekeye ibimenyetso mu manza

n’itangwa ryabyo ivuga ko ubuhamya ni ibivugwa mu rukiko, Urukiko rudategetswe byanze

bikunze kumva abatangabuhamya bumviswe mu Bugenzacyaha cyangwa mu Bushinjacyaha, ko

rushobora gushingira ku nyandiko-mvugo zabo zakozwe ku rwego rw’iperereza mu gihe zakozwe

n’abantu babifitiye ububasha kandi nta nenge zifite

You might also like